Urukiko mpuzamahanga rw’Umuryango w’Abibumbye (ICJ) rwahaye Somalia igice kinini cy’umupaka wo mu mazi yaburanaga na Kenya, birushaho kuzamura umwuka mubi aho guhosha ikibazo. Agace katavugwaho rumwe ...
Kuva Joe Biden yatangira kuyobora Amerika kuri uyu wa Kabiri nibwo bwa mbere ingabo ze zirwanira mu kirere zarashe ku barwanyi ba Al Shaabab bashaka kwigarurira ubutegetsi bwo muri Somalia. Aba barwan...
Nyuma y’uko ingabo za Uganda zivuye mu gace ka Marianguwaay hafi y’ahitwa Lower Shebelle muri Somalia, bakahasigira ubutegetsi bw’i Mogadishu, abarwanyi ba Al Shabaab bahise bahigarurira. Umuhango wo ...
Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe amahoro ku Isi kamaganiye kure ikifuzo cya Perezida wa Somalia cy’uko yaba agumye ye ku butegetsi mu gihe hari ibibazo bya Politiki biri mu gihugu cye. Mu Cyu...
Inzego z’ubuhinzi n’ubworozi zo muri Kenya na Uganda ziratangaza ko hari inzige nyinshi ziri guturuka muri Kenya zigana muri Uganda. Umwe mu babyemeza ni Everest Magara, ushinzwe kuzikumira mu muryang...




