Ubuyobozi bwa Afurika yunze ubumwe bwanzuye ko ingabo z’Uburundi zisanzwe zikorera muri Somalia mu rwego rwo kuhagarura amahoro zihaguma andi mezi atandatu. Ni zimwe mu ngabo za Afurika ziri muri iki ...
Abategetsi ba Misiri, Somalia na Eritrea – ibihugu ubu bifitanye amakimbirane na Ethiopia – bamaze iminsi mu nama i Asmara muri Eritrea, aho biyemeje gukorana mu kubangamira inyungu za Ethiopia. Mu it...
Umwe mu ba dipolomate yatangaje ko mu mpera z’Icyumweru gishize hari ubwato bwa Misiri bwagejeje intwaro muri Somalia mu rwego kubakira iki gihugu ubushobozi mu bya gisirikare. Ni igikorwa kiri mu mug...
Inzego zombi, Polisi y’u Rwanda n’iya Somalia, zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bikorwa bitandukanye byo gucunga umutekano birimo no kurwanya imitwe yitwaje intwaro. Kuri uyu...
Ubutegetsi bw’i Mogadishu bwanzuye ko mu gihe gito kiri imbere ingabo za Ethiopia zari zihamaze igihe zigomba kuba zahavuye. Ni umwanzuro bivugwa ko Mogadishu ifashe kugira ngo ihane Addis Ababa ariko...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu rwagati muri Somalia hazindukiye imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba Al Shabaab n’ingabo z’iki gihugu. Byatangiriye ku gitero aba barwanyi...
Nyuma yo kwemererwa kuba umunyamuryango w’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, ubuyobozi bwa Somalia bwasinye amasezerano yo kuwinjiramo mu buryo butaziguye. Ayo masezerano bayita Treaty of Accession....
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abayobozi b’ibihugu by’Afurika y’Uburasirazuba, EAC, ko u Rwanda rwiyemeje kuzakomeza gutanga umusanzu warwo mu mibereho myiza y’ababituye. Hari mu nam...
Abantu umunani bo mu gace ka Buloburde muri Somalia bapfiriye rimwe nyuma yo guturikanwa na bombe bivugwa ko yatezwe n’abarwanyi ba Al Shabaab. Umuyobozi w’Umujyi byabereyemo witwa Sadam Abdi Idow yab...
Umuryango w’Afurika yunze ubumwe uvuga ko hagiye gutangira gahunda yo gukura ingabo zawo zose muri Somalia. Intego ni uko Somalia ubwayo yasigara yicungira umutekano wayo kuko ziriya ngabo zitazahora ...









