Muri Kigali no mu Ntara hari abakunzi b’ibinyobya bya Bralirwa bijujuta ko bimwe byahenze cyane, ibindi bikabura ku isoko. Mu byahenze harimo Mutzig kuko mu tubutiki aho yaguraga Frw 1000 mu mpera z’u...
Uruganda rwenga inzoga n’ibinyobwa bidasembuye Skol Brewery Ltd rwatangaje ko muri uyu mwaka rutazatera inkunga irushanwa rya Tour du Rwanda, rigiye kuba mu buryo budasanzwe kubera icyorezo cya COVID-...
Ikipe ya Rayon Sports yongereye amasezerano n’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye Skol Brewery Limited afite agaciro karenga miliyoni 200 Frw ku mwaka, mu gihe cy’imyaka itatu. Ayo mase...


