Nyuma y’ibiganiro abayobora Federasiyo z’imikino itandukanye bagiranye na Minisitiri wa Siporo mushya ari we Richard Nyirishema, bavuze ko bagiye guhuza imbaraga kugira ngo siporo zose zitere imbere, ...
Richard Nyirishema ni umwe mu bazanywe muri Guverinoma yaraye ishyizweho. Yari asanzwe azwi muri siporo kuko yari umwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umukino Basketball mu Rwanda. Yari ama...
Nk’uko bigaragara mu itangazo rya Minisiteri y’intebe, Aurore Mimosa Munyangaju wari ushinzwe Minisiteri ya siporo na Dr.Jean Chrysostome Ngabitsinze wari ushinzwe ubucuruzi n’ingand...
Abize uko imitsi n’amaraso by’umuntu bikora bemeza ko iyo umuntu agenze n’amaguru ahantu hagerwa intambwe hagati ya 9,000 na 10,000 aba agiriye neza umutima we, ibihaha bye n’uruhu rwe. Hari abemeza ...
Minisiteri ya Siporo yatangaje irushanwa ku bantu bose bujuje ibisabwa ngo bakore ikirango kizaranga Stade Amahoro iri kuvugururwa. Bamwe mu bubaka iyi stade bavuga ko igeze hejuru ya 60% yuzura. Iri ...
Abatuye mu mijyi bakunze kuvuga ko imibereho yabo itabemerera mu buryo bworoshye kubona umwanya wo gukora siporo. Uko byagenda kose ariko, umuntu yihaye gahunda yo gukora siporo mu minota itanu ntibya...
Jimmy Gatete wabaye rutahizamu uri mu batazibagirana mu mateka ya ruhago mu Rwanda ari hafi kugaruka mu Rwanda gutegura igikombe cy’isi cy’abagacishijeho bigatinda ubu bakaba barigiye kiruhuko cy’izab...
Mu gitondo cyo ku Cyumweru taliki 01, Gicurasi, 2022, Abanyarwanda batuye Umujyi wa Kigali bazindukiye muri Siporo rusange yiswe Kigali Car Free Day. Barimo na Perezida Paul Kagame na Madamu we Jeanet...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA n’Ishyirahamwe nyarwanda rigamije guteza imbere umupira w’amaguru mu mashuri, Fédération Rwandaise du Sport Scolaire, FRSS, bagiye gusinya amaseza...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 18, Mutarama, 2022, Perezida Paul Kagame yakiriye Serge Pereira umushoramari ukomoka muri Congo-Brazzaville ariko ukunze kuba muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Serge Pereira...









