Igisirikare cya Israel kivuga ko inite yacyo (unit) ya Brigade Bislamach ya 828 yamaze igihe runaka igenzura ahitwa Tal al-Sultan, agace ko muri Rafah, ku wa gatatu. Yaje kubona abarwanyi batatu maze ...
Ingabo za Israel zemeza zidashidikanya ko zishe Yahya Sinwar wayoboraga Hamas. Mu masaha ya kare byari byanuganuzwe ariko Israel ibanza gusuzuma imirambo y’abarwanyi ba Hamas bari baguye mu gite...
Amakuru agisuzumwa n’ubuyobozi bwa Israel aravuga ko Yahya Sinwar aherutse kugwa mu gitero iki gihugu giherutse kugaba muri Gaza. Ni igitero cy’indege cyagabwe kuri uyu wa Kane. Icyakora ni amakuru at...
Impaka z’iminsi ibiri zaberaga mu murwa mukuru wa Qatar witwa Doha zarangiye abayobozi ba Hamas bemeje ko Sinwar Yahya ari we ugiye kuyiyobora yose uko yakabaye. Bamwemeje nk’umuyobozi mukuru w’uyu mu...



