Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasuye mugenzi we uyobora Singapore witwa Madamu Halimah Yacob uyobora Singapore baganira uko umubano w’ibihugu byombi wakomeza kuzamurwa. Kuri Twitter y’Ibiro by’Umukur...
Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati ya Kaminuza y’u Rwanda na Kaminuza yigisha ikoranabuhanga iri mu zikomeye muri Singapore. Ni Kaminuza yitwa Nanyang Technological Univ...
Mu ruzinduko rw’iminsi ine barimo muri Singapore, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza hamwe na mugenzi we uyobora RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga basinye amasezerano y’ubufatanye har...
Ari kumwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore witwa Lee Hsien Loong, Perezida Paul Kagame yahaye abanyamakuru ikiganiro ababwira ko u Rwanda rwishimira intambwe ubufatanye bw’ibihugu byombi bumaze gut...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda Dr Faustin Nzezilyayo na mugenzi we wa Singapore Sundaresh Menon baraye basinye amasezerano y’ubufatanye mu butabera. Ni indi ntambwe y’ubufatanye hagati y’u R...
Mu gihe gito kiri imbere, kuba warahawe inkingo ebyiri za COVID-19 aho zateganyijwe cyangwa rumwe rwa Johnson & Johnson ntibizaba bigihagije ngo witwe ko wakingiwe byuzuye nk’uko bimeze ubu. Guver...
Mu Kagari Ka Nyarutarama mu Murenge wa Remera haherutse kubera umuhango wo guhemba nyiri inyubako yitwa Nyarutarama Plaza kubera ko uburyo yubatswe bwasuzumwe basanga bwita ku bidukikije. Nyiri iyi n...
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga mu Rwanda Dr Faustin Ntezilyayo na mugenzi we wa Singapore witwa Sundaresh Menon basinye amasezerano mu bufatanye mu by’ubutabera. Umuhango wo gusinya ariya masezerano w...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyi...
Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu. Yanditse ko abanya Singap...









