Alvin Tan ushinzwe ubucuruzi n’inganda muri Singapore yaganiriye na Minisitiri Dr. Valentine Uwamariya ushinzwe ibidukikije muri Guverinoma y’u Rwanda, batinda ku mikoranire igamije iterambere ritangi...
Perezida Kagame yagiranye na mugenzi we uyobora Singapore witwa Tharman Shanmugaratnam ibiganiro uko imikoranire hagati y’ibihugu byombi yarushaho gutezwa imbere. Ni imikoranire igomba kuzamuka mu bu...
Perezida Kagame hamwe na Minisitiri w’Intebe wa Singapore bayoboye umuhango wasinyewemo amasezerano avuguruye arebana no kudasoreshanya kabiri ku bicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi. Ni amas...
Perezida Kagame yabwiye abitabiriye ikiganiro yatangiye muri Milken Institute ko u Rwanda rwasize inyuma amateka mabi rwaciyemo. Avuga ko icyo we n’abandi Banyarwanda benshi bahuriyeho ari uguharanira...
Guverinoma ya Singapore ibicishije muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yatangaje ko Perezida Paul Kagame ari busure iki gihugu guhera kuri uyu wa Gatatu kuzageza ku wa Gatanu taliki 20, Nzeri, 2024....
u Rwanda ruhagarariwe na Ambasaderi warwo muri kiriya gihugu Uwihanganye Jean de Dieu rwasinyanye amasezerano n’iki gihugu cyo muri Aziya yo gukorana mu by’ikoranabuhanga, kugabanya ubukana bw’ibyuka...
Ishyaka riri ku butegetsi muri Singapore riri mu kigeragezo gikomeye nyuma y’uko Minisitiri w’ubwikorezi atawe muri yombi akurikiranyweho ruswa. Bidatinze Perezida w’Inteko ishinga amategeko hamwe n’...
Kuri uyu wa Mbere tariki 17, Nyakanga, 2023 nibwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda. Baganiriye n’abayobozi bakuru muri Polisi y’u Rwanda....
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko ikigo ayoboye cyiyemeje guhugura mu by’imari n’ibaruramutungo abiga amashuri yisumbuye. Ni gahunda yari isanzwe ihabwa abiga Kam...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Indonesia Perezida w’u Rwanda yaraye agariye na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo batinda k’umubano w’ibihugu byombi bifuza gushyira ku yindi ntera. Muri...








