Aurore Mimosa Munyangaju ushinzwe iterambere rya Siporo zose mu Rwanda yashimye APR FC uko iri kwitwara mu marushanwa ya Mapinduzi Cup ari kubera muri Zanzibar. Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’u Rw...
Ni Lieutenant Colonel Aloys Simba wari umwe mu biyise Les Camarades du 5, Juillet, 1973. Bari abasirikare 11 bafatanyije na Juvénal Habyarimana gufata ubutegetsi mu mwaka wa 1973. Simba yaje no gukor...

