Ikigo kizwi mu gukora sima mu Karere ka Rusizi, Umurenge wa Bugarama kitwa CIMERWA Plc kigiye gushora Miliyoni $190 mu kubaka uruganda rutunganya iby’ibanze bikoreshwa mu gukora sima, rukazubakwa i Mu...
Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo umubano hagati y’u Rwanda na Togo ari mwiza, igikenewe ari uko wongerwamo imbagara ugashyirwa ku rundi rwego. Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassing...
Imibare y’agateganyo iravuga ko abantu 19 baguye mu mpanuka yabereye muri Tetitwari ya Mitwaba iri mu Ntara ya Haut-Katanga. Haburaga ibilometero 19 ngo bagere ku gasanteri bari bagiyeho. Bari bari m...
Muri Musanze hagiye kubakwa uruganda rukora ibyuma ruzunganira urwitwa SteelRwa Ltd rukorera mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Mwurire. Urw’i Musanze ruzakora ibyuma mu mabuye y’ubutare, rukazagaba...
Fulgence Nizeyimana uri mu buyobozi bwa CIMERWA avuga ko abagore bagize kandi bakigira uruhare runini mu musaruro w’iki kigo. CIMERWA ni uruganda nyarwanda rukora sima kandi runini kurusha izind...
Kuri uyu wa Kane taliki 03, Kanama, 2023 Perezida Paul Kagame yatashye uruganda rwa sima rwuzuye mu Karere ka Muhanga mu Murenge wa Nyamabuye. Umwe mu barukoramo yabwiye Taarifa ko uru ruganda rukora...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatanze imifuka 2000 ya sima yo gufasha mu kubakira abasenyewe n’ibiza biherutse kwibasira ibice byinshi by’u Rwanda. Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, ivuga...
Aliko Dangote yubatse uruganda rwa mbere runini muri Afurika ruyungurura ibikomoka kuri Petelori. Ruzatahwa taliki 24, Mutarama, 2023 na Perezida wa Nigeria Muhamud Buhari. Ni urwa mbere muri Afurika...
Ikigo gikora Sima kitwa CIMERWA cyatangarije Taarifa ko mu mezi atandatu cyungutse bwikube gatanu ugereranyije n’uko byari bimeze mu mezi atandatu y’umwaka ushize. Urwunguko rwa CIMERWA uyu mwaka run...
Uruganda rwatangiye gutunganya Sima bwa mbere mu Rwanda, CIMERWA, rwatangaje ko mu gihembwe cya mbere y’umwaka w’imari wacyo kinjije Miliyari Frw 44. Ayo mafaranga arimo inyungu ya Miliyari Frw 5.2 ni...









