Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari ubukangurambaga buteganywa kuzakorwa kugira ngo Abanyarwanda bumve ko kurya inyama z’ingurube nta kizira kirimo. Ni umukoro uzagendana no kongera amabagi...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 ingurube 15 zirimo iz’ubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc zagejejwe ku kibuga cy’indege cya Kigali. Zatumijwe na rwiyemezamirimo Jean Cl...

