Umwe mu borora ingurube nyinshi mu Rwanda akaba na Perezida w’Ihuriro ryabo witwa Jean Claude Shirimpumu asaba ko drones za Zipline zitwa P2 ziherutse gutangazwa ko zizageza ibicuruzwa ku batuye...
Hari Abarundi bamaze iminsi begera Abanyarwanda bateye imbere mu korora ingurube zifite amaraso avuguruye ngo babahe icyororo ariko bakabangamirwa n’uko umupaka wo ku butaka ubuyobozi bwabo bwawufunze...
Ku Murindi mu Karere ka Gasabo hari kubera imurikabikorwa ry’aborozi n’abahinzi kugira ngo berekane aho ikoranabuhanga muri iri nzego z’ubukungu rigeze. Ubworozi ni umwitero, ubuhinzi bukaba umukenyer...
Mu Mujyi wa Libramont- Chevigny mu Bubiligi haherutse kubera imurika ry’ibyagezweho mu buhinzi n’ubworozi bukorerwa mu bihugu by’Ubumwe bw’Uburayi ariko Abanyarwanda bororera ingurube mu Rwanda ...
Nyuma y’uko Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri MINAGRI itashye uruganda rwitwa Gorilla Feed rwubatse mu cyanya cy’inganda i Masoro, aborozi b’ingurube babishimye ariko basaba ko ibyo...
Abaganga bavuga ko imwe mu mpamvu zitera abantu kurwara igicuri ari ukurya inyama z’ingurube zidahiye neza kandi zikaba zarabazwe ku ngurube yororewe mu mwanda. Igicuri ni indwara ifata ubwonko, uyirw...
Abanyarwanda bacururiza muri Mozambique basuye rwiyemezamirimo ufite ikigo cyorora ingurube bya kijyambere ukorera muri Gicumbi witwa Jean Claude Shirimpumu abereka uko bazazororera muri Mozambique. B...
Umworozi wo mu Karere ka Gicumbi witwa Shirimpumu avuga ko yazanye mu Rwanda ingurube zifite amaraso avuguruye 100% k’uburyo imwe ishobora kubwagura ibyana 20. Ni yo ngurube ifite ubushobozi bwo kubwa...
Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, arasaba abagabura inyama ku mashuri kujya bibuka ko inyama y’ingurube nayo yakwifashishwa ku ifunguro rihabwa abanyeshuri. Dr. Kamana yab...
Umworozi w’ingurube akaba na rwiyemezamirimo witwa Jean Claude Shirimpumu avuga ko mu banyamahanga baza kumugurira ingurube zo kubaga abo muri DRC baza ku mwanya wa mbere. Abanyarwanda bo bagura ingur...








