Albert Shingiro ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Guverinoma y’u Burundi avuga ko u Rwanda rudakwiye kugira impungenge zo kubushyikiriza abakoze Coup d’état mu mwaka wa 2025 igapfuba kuko ntacyo buzab...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda Olivier Nduhungirehe avuga ko hari ubushake bwo kugarura umubano mwiza hagati y’u Rwanda n’Uburundi kuko ari ngo ababituye ari abavandimwe. N’ubwo ab...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Bwana Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko amakuru y’uko u Burundi bwafunguye umupaka wabwo n’u Rwanda atarayamenya ariko ko ari buyatangaze nayamenya. Ni ...
Mu rwego rwo kwifatanya n’Abarundi kwizihiza isabukuru y’imyaka 60 u Burundi bumaze bubonye ubwigenge, Perezida w’ Rwanda Paul Kagame yoherereje mugenzi we w’u Burundi Evariste Ndayishimiye ubutumwa b...
Kuba umupaka wa Gatuna uhuza u Rwanda na Uganda wafunguwe ni ‘intambwe nziza.’ Abaturage b’u Rwanda na Uganda bari bakumbuye kugenderanira, bagahahirana, ndetse abafitanye isano cyangwa abaziranye ba...
Guverinoma y’u Burundi n’iya Nigeria birateganya kwagura ubufatanye mu bucuruzi, uburezi, ikoranabuhanga n’ubukerarugendo. Ibihugu byombi bizasinya amasezerano y’ubufatanye bwagutse muri iri nzego mur...
Mu nama y’Umushyikirano iri kubera mu Burundi( iwabo bayita Ikiyago) ubuyobozi bw’ingabo, Polisi n’ubwa Politiki bishimiye icyemezo Leta y’u Rwanda iherutse gufata cyo gufunga radio zakoreraga mu Rwan...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Ambasaderi Albert Shingiro yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi barebera hamwe uko ibihugu byombi byazanzumura umubano. Ubutu...
Mu ijambo aherutse kugeza ku baturage, Perezida wa Repubulika y’u Burundi Evariste Ndayishimiye yavuze ko ubutegetsi bwe buri gukora uko bishoboka kose kugira ngo abaturage bahabwe amahirwe angana mu ...








