U Rwanda, Afurika y’Epfo na Nigeria nibyo b’ibihugu by’Afurika biri guhatanira gutoranywamo kimwe cyazakira imikino mpuzamahanga njyarugamba igize icyo muri Amerika bita Ultimate Fighting Championship...
Nyuma y’amasaha make Rayon Sports izanye umutoza mushya uturutse muri Tunisia, APR FC nayo imaze gusinyisha uwitwa Nsengiyumva Ir'shad wongerewe igihe ayikinira. APR FC na Rayon Sports niyo maki...
Uwo ni Serumogo Ally Omar. Uyu musore ukina ari myugariro yaraye asezewe ariko yishimiwe n’ubuyobozi bwa Kiyovu Sports yari amazemo imyaka itanu. Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwamwifurije amahirwe aho...
Hasigaye amasaha make ngo hakinwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Kamena, 2023, Taarifa yabajije Abdallah Murenzi wigeze kuyobora Rayon Sports igihe kirek...
Ikigo cy’ubucuruzi bw’amazi asukuye JIBU, ishami ry’u Rwanda, cyishimiye uko imikoranire yacyo na Marine FC yagenze muri shampiyona ishize. Si Marine FC , iki kigo cyakoranye nayo mu mwaka ushize kuk...
Mu gihe hasigaye iminsi itageze kuri ine ngo hakinwe imikino yo ku munsi wa 30 wa Shampiyona, Ishyirahamwe Nyarwanda ry’Umupira w’Amaguru, FERWAFA, ryakoze impinduka y’uko iyi mikino izakinwa. Ni imi...
Abafana ba Rayon Sports baraye mu byishimo nyuma yo gutsindira APR FC kuri Stade mpuzamahanga ya Huye. Yayitsinze igitego 1-0, biyibera intsinzi yari ikumbuye kubera ko yabiherukaga mu myaka ine ishiz...
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyan...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amak...
Nyuma yo gutsindwa na Gasogi United, ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwahagaritse uwari umutoza mukuru w’iyi kipe witwa Alain-André Landeut. Gasogi United iherutse gutsinda Kiyovu Sports ibitego 3-1 mu ...









