CG Felix Namuhoranye uyobora Polisi y’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we uyobora Polisi ya Seychelles witwa Commissioner of Police (CP)Ted Barbe. Barbe ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi. ...
Perezida wa Nigeria Bola Tinubu yahuye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa uherutse kurahirira kongera kuyobora igihugu cye, baganira ku mikoranire mu bucuruzi. Aba bagabo bayobora ib...
Kuri uyu wa Kane taliki 29, Kamena, 2023 nibwo Ibirwa bya Seychelles byizihije umunsi byaboneyeho ubwigenge. Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame nibo bari abashyitsi bakuru muri iki gikorw...
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe muri Seychelles, Perezida Kagame yateye igiti. Ni igiti cyera ku rubuto rwa mbere runini mu bugari. Uru ni urubuto rwitwa Coco-de-Mer. Yaruteye mu busitani bw’iki ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kuba u Rwanda rukorana na Seychelles kandi uyu mubano ukaba ugomba gukomeza, bishingiye ku ngingo y’uko ubuyobozi bw’ibi bihugu bugamije ko ababituye bagira. Yabivugiye ...




