Umwe mu baturage bitabiriye inama yahuje inzego zirebwa n’ubuzima rusange bw’Abanyarwanda yateguwe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, yeruye anengera imbe...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko muri rusange abayobozi badaha serivisi mbi abaturage ari yo ntego cyangwa umugambi. Aherutse kubivugira mu kiganiro kitwa &#...
Mu Ngoro Sena y’u Rwanda ikoreramo habereye inama yari igamije kureba uko serivisi z’imari zihabwa abaturage. Abanyarwanda baba mu mahanga bari bitabiriye iriya nama banengeye imbere ya Perezida wa Se...
Ikigo cy’igihugu cy’iterambere RDB cyaraye gihaye inyenyeri nshya hotel na restaurants zo mu Rwanda zirushanwa mu gutanga serivisi nziza, ibikorwa remezo n’ishoramari zakoresheje hagamijwe...
Mu gihe Kenya ari cyo gihugu cya mbere muri Afurika mu byerekeye gutanga no guhabwa serivisi z’imari hakoreshejwe ikoranabuhanga, u Rwanda narwo rukomeje gutera intambwe muri uyu mujyo. Taarifa yahaye...
Guhera tariki 16 kugeza tariki30, Gicurasi 2021, ikigo gitanga serivisi zo kureba filimi, imikino n’ibindi byifashisha amashusho kitwa Canal + kiratangira guha abakiliya bacyo ubwasisi bwo kureba imik...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwashyiriyeho abawutuye uburyo bwo kubwegera bagasobanuza ibibazo bishingiye kuri serivisi z’ubutaka, z’imiturire, abatswe indonke n’ibindi. Kuri Twitter, ubuyobozi bw’Um...
Umunyarwanda witwa Rugasaguhunga Ruzindana yandikiye ibaruwa Ikigo gicuruza Serivisi z’itumanaho na murandasi, MTN, ayicisha kuri Twitter akinenga ko amaze Icyumweru adashobora gukoresha murandasi yag...







