RDB yasohoye itangazo rivuga ko Hoteli yonyine mu Rwanda yubatswe mu buryo bwa Château iri i Karongi yitwa Château le Marara ya Dr. Marara ifunzwe kuko ‘ikora nta burenganzira’. Yubatse mu Kagari ka K...
Banki ya Kigali( BK) yatangije ubufatanye mu by’imari na sosiyete sivile, amadini naza Ambasade binyuze mu gushinga ishami ryihariye rishinzwe kwita kuri izo nzego. Iri shami riherereye mu Murenge wa...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ibiro bya Ambasade yayo i Brussels mu Bubiligi byafunzwe bityo abashaka serivisi zayo bazazisanga mu Buholandi ahitwa La Haye. Hatangajwe kandi...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare ku musaruro mbumbe w’ubukungu bw’u Rwanda igaragaza ko wazamutse ku kigero cya 8.1% mu gihembwe cya gatatu cya 2024. Mu gihembwe cya kabiri cy’uyu mwaka ...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko imibare cyakoze ku izamuka ry’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’ingengo y’imari ryageze ku 8.2%. Nk’uko bimaze igih...
Ibi ni ibyemezwa na bamwe mu baturage bajya kwivuriza muri ibi bitaro byo mu Ntara y’Amajyepfo. Bavuga ko kuba hari serivisi ibi bitaro bitagitanga, bibabangamiye kuko bituma bajya gushaka ahandi kure...
Nk’uko byagaragariye buri wese, umwaka wa 2023 wabaye uw’izamuka ry’ibiciro ry’ibiribwa muri rusange. Icyakora urangiye biri kugabanuka kandi ibi niko bimeze no kubikomoka kuri petelori. Inzego nyinsh...
Raporo isobanura uko abatuye umujyi wa Kigali babayeho n’uko babona ibyo bakorerwa yitwa Citizen Report Card, CRC, y’umwaka wa 2022 yerekana ko Akarere ka Kicukiro ari ko, muri rusange, gafite abatura...
Muri imwe muri Hotel zo mu Mujyi wa Kigali, haraye habereye inama yatangirijwemo gahunda yo gukomeza gutyaza ubumenyi bw’abize amahoteli n’ubukerarugendo kugira ngo bazihangire imirimo cyangwa babe ab...
Kuri uyu wa Gatatu Taliki 04, Mutarama, 2023 nibwo abakozi ba Leta batangiye gukorera ku ngengabihe nshya igena ko akazi gatangira saa tatu kakarangira saa kumi n’imwe. Abaturage bamwe bavuga ko aya m...









