Ikipe yo mu Misiri yitwa Al Ahly yaraye itsinze AS Douanes yo muri Senegal mu mikino nyafurika ya Basketball yaberaga mu Rwanda itwara igikombe. Iyo mikino bayita Basketball Africa League. Umukino war...
Guhera ku wa Gatanu taliki 12, Gicurasi, 2023 bamwe mu baturage batangiye kwigaragambya bamagara manda ya gatatu bavuga ko Perezida w’igihugu cyabo Macky Sall ashaka kwiyamamariza. Baramagana Macky S...
REG BBC yatangiye itsinda ikipe yo muri Nigeria yitwa Kwara Falcons ku manota 64 kuri 48. Ni umukino wayo wa mbere ikinnye mu irushanwa nyafurika rya Basketball, BAL 2023, riri kubera i Dakar muri Sen...
Perezida Kagame yabwiye abandi banyacyubahiro bitabiriye inama igamije kureba uko ibikorwaremezo byarushaho kubakwa muri Afurika ko nibashaka kuba nyamwigendaho nta kintu kinini kizagerwaho. Avuga ko ...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Gashyantare, 2023 mu masaha y’umugoroba nibwo Perezida Paul Kagame yari ageze i Dakar muri Senegal. Yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’Afurika yitwa Fina...
Amarira ni menshi mu bice bitandukanye bya Senegal nyuma y’uko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bahitanywe n’impanuka ya bisi ziherutse kugongana. Zimwe mu mpamvu zatanzwe na Polisi ya kiriya gihu...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ubwoba ntiburashira mu baturage nyuma y’uko ku wa 21, Ukuboza, 2022 haburijwemo Coup d’état. Hagati aho hari abasirikare batawe muri yombi birimo captaine na lieutén...
I Banjul mu Murwa mukuru wa Gambia ibintu ntibirasobanuka nyuma y’uko ubutegetsi butangaje ko haburijwemo umugambi wo guhirika Perezida Adama Barrow. Nta muntu uratungwa agatoki ko ari we wari warateg...
Fodé Ndiaye wari uhagarariye UN mu Rwanda akaba asanzwe ari umuhanga mu by’ubuhinzi yaraye asezeye kuri Perezida wa Repubulika Paul Kagame kuko yarangije ikivi cye mu Rwanda. Ndiaye yatangiye guhagara...
Ibiro by’Umukuru w’igihugu cya Senegal bitangaza ko Perezida Macky Sall yageze i Moscow mu Burusiya mu biganiro agomba kugirana na mugenzi we Vladmir Putin. Ari bumubwire uko Umuryango w’Afurika ubona...









