Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko kuva mu mwaka wa 2022, buri mwaka Leta ishyira Miliyari Frw 135 muri gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri. Avuga ko ayo mafaranga...
Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Umukino wa mbere wo gushaka tiki yo kuzitabira imikino y’igikombe cya Afurika cyo mu mwaka wa 2025 wahuje u Rwanda na Senegal warangiye rutsinzwe na Senegal ku manota 81 na 58 yarwo. Uwo mukino waber...
Nyuma yo gusura Senegal, Perezida Paul Kagame arakomereza urugendo rwe muri Guinea aho ari buganire na mugenzi we Mamadi Dombouya. Muri Mutarama, 2024 Perezida Dombouya yasuye u Rwanda nawe kaba yari ...
Imwe mu ngingo zajyanye Perezida Kagame muri Senegal ngo aziganireho na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye ni ubufatanye mu rwego rwa gisirikare hagati y’u Rwanda na Senegal. Amakuru avuga ko ingabo z’u...
Rivers Hoopers yo muri Nigeria yaraye itsinze APR BBC ku manota 78 kuri 71 bituma Hoopers ikatisha tike iyemerera kuzaza gukina imikino ya nyuma izabera muri BK Arena mu Mujyi wa Kigali mu ntangirir...
General Mbaye Cissé uyobora ingabo za Senegal yasuye icyicaro cy’ingabo z’u Rwanda kiri ku Kimihurura. Yakiriwe na General Mubarak Muganga uyobora ingabo z’u Rwanda. Hari kandi na M...
Gira So Yiturwa Indi. Ni umugani uhura n’ibyo Perezida Faye wa Senegal yakoreye Ousmane Sonko uherutse kumuharira ngo yiyamamarize kuyobora Senegal, akaza kubitsindira. Faye yagize Sonko Minisitiri w’...
Nyuma yo kwitabira umuhango wo kurahira wa Bassirou Diomaye Faye, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yamugejejeho ubutumwa bwihariye yagenewe na mugenzi we uyobora u Rwanda, Paul Kagame. Ni ubut...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente niwe uri buhagararire Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Senegal Bassirou Diomaye Faye. Faye ararahira kuri uyu wa Kabiri mu muhango uri bu...









