Colonel Sendegeya Lambert ushinzwe abakozi muri Minisiteri y’ingabo ari kumwe n’Umuvugizi wazo Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje impinduka zigiye gukorwa mu ngabo z’u Rwanda, umutwe w’Inkeragutabara ...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bar...

