Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini witwa Hon. Sen. Pastor Lindiwe Dlamini. Dlamin...
Hashize iminsi bamwe mu bahagarariye ibigo bitwara abantu mu modoka mu buryo bwa rusange batakambira Taarifa ngo ibavuganire kuko hari amafaranga Guverinoma ibagomba ariko yabimye bituma bahagarika im...
Nyuma y’uko, Dr. Sen Kalinda arahiriye imirimo ye nka Senateri, hahise hakurikiraho gutora Perezida wa Sena. Madamu Sen Nyirasafari Esperance yahise amwamamaza avuga ko ari umugabo wari usanzwe ukora...
‘By’agateganyo’, Madamu Esperance Nyirasafari niwe ugiye kuyobora Sena y’u Rwanda nyuma y’uko Dr. Augustin Iyamuremye yeguye. Mu ijoro ryakeye nibwo Dr. Iyamuremye yasohoye itangazo rivuga...
Dr. Augustin Iyamuremye yaraye atangaje ko yeguye ku nshingano zo kuyobora Sena y’u Rwanda. Ibaruwa yanditse iby’iyegura rye ivuga ko yabikoze bitewe n’uburwayi. Hashize imyaka umunani Dr. Jean Damasc...
Abasenateri babajije abapolisi bakuru muri Polisi y’u Rwanda iby’amakamyo bita ‘DIPINE’( ubusanzwe yitwa HOWO) amaze iminsi akora impanuka zigahitana Abanyarwanda. Polisi yasubije ko hari iperereza ry...
Guhera Taliki 05, Nzeri, 2022 abayobozi bakuru b’ibigo bya Leta byagaragaweho gusesagura cyangwa gucunga nabi umutungo wa Leta mu buryo butandukanye, bazatangira kwitaba Komisiyo ishinzwe imikoreshere...
Abagize Sena y’u Rwanda bari mu mwiherero w’iminsi itatu ugamije kwisuzuma ngo barebe uko buzuza inshingano zabo. Watangiye Taliki 27 ukazarangira Taliki 30 Nyakanga 2022. Ugamije kungurana ibitekere...
Bimwe mu bibazo Komisiyo ya Sena y’u Rwanda iherutse gusanga mu mitangire ya Serivisi mu rwego rw’ubuzima, harimo ko hari ibitaro bitagira umuganga w’inzobere kandi byaragizwe Ibitaro bikuru. Indi mb...
Mu Ngoro Sena y’u Rwanda ikoreramo habereye inama yari igamije kureba uko serivisi z’imari zihabwa abaturage. Abanyarwanda baba mu mahanga bari bitabiriye iriya nama banengeye imbere ya Perezida wa Se...









