Ubuyobozi bwa Teritwati ya Ango ahitwa Bas-Uela muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo buvuga ko hari impunzi nyinshi zaturutse muri Centrafrique zimaze kubahungiraho. Harabarurwa abagera ku bantu 200...
Abasirikare ba Cameroun bashyizwe ku mupaka wayo na Centrafrique biteguye kurasana n’abarwanyi bo muri Centrafrique igihe cyose bashaka kwambuka. Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri y’ingabo nyuma y’u...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...


