Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye bwatangaje ko buzaca amande ya Frw 10,000 umuntu wese uzagurira umuzunguzayi. Muri iki gihe mu mujyi wa Huye hakunze kugaragara ubucuruzi bwo ku muhanda buzwi nk’ubuzunguz...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 16, Mutarama, 2024 ingendo ziva Huye, Nyamagabe, Nyamasheke-Rusizi zahagaze bitewe n’uko uyu muhanda waraye usenyutse nk’uko inkuru yacu yaraye ibitangaje. Ama...
Ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba kuri uyu wa Mbere taliki 15, Mutarama, 2024, umuhanda uhuza Huye, Nyamagabe, Rusizi waridutse uruhande rumwe. Wapfiriye mu Mudugudu wa Kigarama, hafi ...
Umuyobozi w’Akarere ka Huye witwa Ange Sebutege aherutse kubwira Ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru ko batari bazi ko ahantu haherutse kugwa abantu batandatu hari icyobo. Muri uyu mujyo, Ikigo gishinz...
Abahinzi bo mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye bavuga ko abayobozi babo bababujije kwenga kwenga no gutara umutobe ngo bazanywe urwagwa biyengeye. Bategekwa kujyana ibitoki ku isoko rya Cyizi bakag...
Nyuma y’uko bantu barenga 100 bari baherutse gufatirwa mu Murenge wa Simbi mu ishyamba bari gusenga batirinze COVID-19, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 05, Mutarama, 2022 abantu 78 barimo aba...





