Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwafunze umugabo w’imyaka 39 ukekwaho kujya Kwa Sebukwe agatema umugore we wari wahahukaniye. Uwo mugore we afite imyaka 30 y’amavuko. Mu gicuku ahagana Saa cy...
Mu Murenge wa Ruhango Akarere ka Ruhango haravugwa amakuru y’umusaza watemye umukwe we wari uje gucyura umugore we ariko akazana amahane. Uwo mukwe witwa Callixte Nzeziryayo avuga ko yagiye gucyura um...
Umuraperi Kanye West yakomanyirijwe gukandagira muri Australie aho umugore ‘mushya’ akomoka. Mu Cyumweru gitaha yari ahafite urugendo rwo kujya gusura abo kwa Sebukwe, bakamubona bakaganira. Ubuyobozi...
Mu biganiro biherutse guhuza ababyeyi, abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abakora muri PRO-FEMMES TWESE HAMWE, hari abayobozi basabye ko inkwano ivanwaho kuko ibera inzitizi umusore ushaka kurus...



