Minisitiri w’Inganda n’Ubucuruzi Prudence Sebahizi avuga ko aherutse kuganira na bagenzi be bo mu bihugu by’Afurika bemeranya ku ngamba zizafasha ibihugu byabo guhangana n’izamurwa rya 10% riherutse g...
Ku rukuta rwayo wa X, Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere tariki 06, Mutarama, 2025, abacuruzi bohereza ibicuruzwa hanze batazongera kwakwa icyangombwa cyabyo kerets...
Hari abacuruzi bavuga ko iyo ibicuruzwa bisabwe gucishwa mu bigo bitandukanye ngo bisuzimirwe ubuziranenge, bituma bitinda kwemererwa gushyirwa ku isoko, bigakerereza umucuruzi ndetse n’umuguzi bikamu...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yatangaje ko mu mwaka wa 2035 buri muturage azinjiza $ 5,000 ku mwaka. Ubu yinjiza $ 1,000. Minisitiri Sebahizi avuga ko biri mu rwego rwo kugera ku ...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi yavuze ko intego y’ishoramari ari uko ibirivamo bituma imibereho y’abaturage irushaho kuba myiza. Yabibwiye itangazamakuru nyuma yo gutangiza inama y...
Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi yitabiriye Inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Uburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA) itangira kuri uy...
Abacuruzi bo mu Rwanda bavuga ko babangamiwe ni uko mu Karere ka Afurika y’Uburasirazuba hagaragara bakwa ruswa, ikaza yiyongera ku mafaranga acibwa imodoka zabo iyo ziciye mu mihanda y’aho kand...
Perezida Paul Kagame avuga ko kugira ngo Afurika icuruzanye ari ngombwa ko imisoro ku bicuruzwa biva mu gihugu kimwe bijya mu kindi, igabanywa cyangwa ikavanwaho. Avuga ko gukuraho izi mbogamizi ari i...
Minisitiri w’ubucuruzi n’inganda Prudence Sebahizi avuga ko ubucuruzi hagati y’ibihugu by’Afurika bwaba uburyo bwo kwirinda intambara zikunze kuvuka hagati yabyo. Yabivugiye m...








