Umusaza Jose Edoaurdo Dos Santos wari urwariye mu bitaro byo muri Espagne amaze kubikwa ko yapfuye. Guverinoma ya Angola niyo yatangarije kuri Facebook ko uriua mukambwe yatabarutse. Uyu mugabo wayob...
Uyu mugabo wayoboye Angola ubu arwariye mu Bitaro biri i Barcelona muri Espagne nk’uko byatangajwe n’umugore we Ana Paula dos Santos. Muri Kanama, Taliki 28, 2022 Dos Santos azaba yujuje imyaka 80 y’a...
Niwe mugore umaze igihe kirekire ari umukire wa mbere mu bandi bagore bose ba Afurika. Kubera ibibazo bya politiki byabaye kuri Se wahoze ayobora Angola, byatumye n’abandi bagize umuryango we, h...


