Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Mu bice by’Ubutayu bwa Sahara bwo muri Mauritania, Morocco na Tunisia hari Abirabura bahajugunywe n’abayobozi b’ibi bihugu nyuma y’uko bafashwe bashaka kujya mu Burayi. Ikinyamakuru Der Spiegel cyo mu...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr Edouard Ngirente ubwo yafunguraga inama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku ruhare rw’urubyiruko mu kuzamura ubukungu bw’isi binyuze mu ikoranabuhanga, yavuze k...
Kubera impamvu zirimo izatewe na Guma mu Rugo n’ibindi byakurikiye iki cyorezo, ubukungu bw’isi muri iki gihe buri mu bibazo bifitanye isano iziguye cyangwa itaziguye n’izamuka ry’ibiciro ku bintu haf...
Ikigega mpuzamahanga cy’Imari,( International Monetary Fund) kigira inama Abakuru b’Ibihugu by’Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara y’uko bagomba ‘kongera’ guha umwanya uhagije abikorera ...
Ikigega The Rise Fund kigiye gushora miliyoni $200 mu kigo Airtel Mobile Commerce BV (AMC BV) gicunga serivisi zo kubitsa no kohererezanya amafaranga kuri telefoni ngendanwa zizwi nka Airtel money, zi...




