Ingabo za SAMIDRC zacishije mu Rwanda ibikoresho bya gisirikare zari zifite i Goma. Nta handi byari guca kuko nta ndege yari bwemererwe kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma gisanzwe cyarangijwe n’intamb...
Ubwo yagezaga ijambo kuri bagenzi be ba EAC na SADC bari bitabiriye Inama yabahuje mu buryo bw’ikoranabuhanga, Perezida Kagame yababwiye ko intambara akenshi iterwa n’akarengane mu bantu. ...
Guverinoma ya Angola yatangaje ko tariki 18, Werurwe, 2025 ari bwo, ku mugaragaro, hazatangira ibiganiro hagati y’intumwa za Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo n’iza M23. Bizabera mu Murw...
Abakuru b’ibihugu bigize SADC, binyuze mu nama bakoze mu buryo bw’ikoranabuhanga, biyemeje gukomeza gufasha Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu rugamba ihanganyemo na M23. Samia Suluhu Hassan, Perezi...
I Harare muri Zimbabwe haraye hanzuriwe ko igihe ingabo za SADC zigize umutwe woherejwe muri DRC witwa SAMIDRC kwirukana inyeshyamba cyongerwaho umwaka. Zoherejwe yo ngo zifashe iz’iki gihugu kw...
Abasirikare b’Umuryango w’ibihugu by’Afurika yo mu Majyepfo, SADC, bari basanzwe bakorera muri Mozambique batangiye gutaha. Ku ikubitiro hatashye abo muri Botswana na Afurika y’Epfo. Ku rundi ruhande...
Itangazo rya SADC rirabikira abantu ko hari abasirikare bane bishwe n’igisasu cyarashwe n’imbunda yo mortier|( mortar). Batatu ni abo muri Tanzania umwe akaba uwo muri Afurika y’Epfo. Bahitanywe n’igi...
Muri Zambia kuri uyu wa Gatandatu harateranira inama mpuzamahanga y’ibihugu bya SADC iri busuzimirwemo ibibazo bireba abasirikare b’uyu muryango bagiye mu butumwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Cong...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, mu ijwi rya Guverinoma y’u Rwanda, irasaba Ubuyobozi bw’Afurika yunze ubumwe kureka icyemezo ifite cyo gutera inkunga ingabo za SADC zoherejwe muri DRC kuk...
Ingabo za Afurika y’Epfo, Tanzania na Malawi zoherejwe mu butumwa bwo kurimbura umutwe wa M23 umaze igihe warabujije ingabo za Perezida Tshisekedi amahwemo zasakiranye nawo, zimwe zirahakomekera. Ku w...








