Amakuru ya Komisiyo y’amatora avuga ko amatora y’Abanyarwanda bazaruhagararira mu Nteko ishinga amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatoye abantu icyenda. Umwe muri bo ni Bwana Dr Hareba...
Amakuru aravuga ko hari umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo warasiwe mu Rwanda arapfa. Byabereye mu Mudugudu wa Cyamabuye, Akagari ka Rusura, mu Murenge wa Busasamana mu Karer...
Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda akaba na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare. Umwe muri bo ni Col Ronald Rwivanga usanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda wahawe ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Colonel Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko Igifaransa cyari gisanzwe gikoreshwa mu masomo yigishwa ingabo z’u Rwanda nk’uko bimeze mu yandi mashuri, ariko ubu hatangiye i...
Ku cyicaro gikuru cy’ingabo z’u Rwanda ku Kimihurura hahuriye ingabo z’u Rwanda n’iza Nigeria ziri mu Rwanda mu rwego rwo kwiyungura ubumenyi. Aba basirikare baje mu Rwanda mu rwego rw’ubushakashatsi ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko kuba ingabo z’u Rwanda zitumwa mu mahanga kuhagarura amahoro bidakorwa hagamijwe kwishyurwa amafaranga ahubwo bikorwa kubera amasezerano y’ub...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga avuga ko ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique zifatanyije na Polisi y’u Rwanda, ziri gutoza iza Mozambique kugira ngo igihe nikigera zigataha iza Mo...
N’ubwo ingabo z’u Rwanda ziri gutsinda urugamba zihanganyemo n’abarwanyi ba Al Shabaab bari bamaze imyaka hafi ine barigaruriye Komini Eshanu zigize Intara ya Cabo Delgado, hari impungenge ko bariya b...
Kugeza ubu mu buryo budasubirwaho, ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambique birukanye abarwanyi ba Al Qaeda bari birigaruriye Agace ka Awasse kari mu tugize Intara ya Cabo Delgado. Nyuma yo kuhigarurira, ba...
Mu rwego rwo kumenya byinshi ku mikorere y’ingabo z’u Rwanda, Umuvugizi w’Ingabo wazo Col Ronald Rwivanga yabwiye Taarifa ko kimwe mu byo ingabo z’u Rwanda zishyira imbere ari ihame ry’uburinganire. N...









