Minisitiri w’ingabo za Mozambique witwa Major General Cristóvão Artur Chume, Umugaba mukuru wazo witwa Maj Gen André Rafael Mahunguane n’Umuyobozi wa Polisi y’aho CP Fabião Pedro Nhancololo bari mu R...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yabwiye itsinda ry’ingabo za Sri Lanka ziri mu rugendoshuri mu Rwanda ko RDF yakoze byinshi mu gutuma u Rwanda rutera intambwe ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brigadier General Ronald Rwivanga asaba urubyiruko kuzibukira imyitwarire igayitse irusiga icyasha, ahubwo rukimakaza Ndi Umunyarwanda, rukamenya guhanga udushya no kugir...
Abarwanyi ba M23 batangaje ko bafashe icyicaro cya Radio ya DRC, Ishami rya Goma. Bivuze ko bafite igikoresho kizabafasha kugeza ku baturage gahunda babafitiye n’amabwiriza bashaka ko akurikizwa...
Colonel Sendegeya Lambert ushinzwe abakozi muri Minisiteri y’ingabo ari kumwe n’Umuvugizi wazo Brig Gen Ronald Rwivanga yatangaje impinduka zigiye gukorwa mu ngabo z’u Rwanda, umutwe w’Inkeragutabara ...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga aherutse kubwira itangazamakuru ko ingabo z’u Rwanda zihora ziteguye intambara. Yasubizaga ku bimaze iminsi bivuzwe na Perezida wa DRC Felix Tshi...
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye byemeje ko Lt Gen(Rtd) Charles Kayonga aba Ambasaderi w’u Rwanda muri Turikiya. Asimbuye Fidelis Mironko. Statement on Cabinet resolutions of 29/11/20...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga avuga ko mu mikorere yazo harimo no gukumira ko ibibazo by’imibereho mibi biba intandaro y’amakimbirane avamo n’intambara. Ngo niyo mpamvu aho zi...
Mbere y’uko umukino wa Polisi FC na APR FC utangira, habanje gutambutswa ubutumwa bwibutsa abafana, abakinnyi n’abayobozi b’amakipe yari agiye gukina ko kwitwararika mu muhanda ari bumwe mu buryo buri...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yaraye abwiye itsinda ry’abasore n’inkumi b’Abanyarwanda ariko baba mu mahanga ko umubare w’ab’igitsina gore binjizwa mu ngabo uzongerwa. Intego ...








