Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Imitwe yombi, bari mu biganiro bigamije gusesengura ibiherutse kuvugwa n’Abagize Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi by’uko u Rwanda rugomb...
Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo batangiye gukingira Ebola, bahera ku baturage bo mu Ntara ya Kasaï Abahereweho ni abakora mu rwego rw’ubuzima kuko ari bo bita ku banduye, OMS ikavuga ko bizako...
I Saoul mu Murwa mukuru wa Koreya y’Epfo habereye iserukiramuco ryitabiriwe n’ibihugu bya Afurika birimo n’u Rwanda. Ni mu iserukiramuco rihuza Koreya y’Epfo na Afurika ryitwa ...
Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye i Geneva mu Busuwisi Urujeni Bakuramutsa Feza yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye gikorera Jenoside ku butaka bwayo ari ib...
Ambasaderi wa Brazil mu Rwanda Irene Vida Gala avuga ko kimwe mu byo igihugu cye kizakorana n’u Rwanda harimo no kurwamamaza iwabo binyuze muri Visit Rwanda. Visit Rwanda ni gahunda Kigali ifitanye n’...
Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, Dr. Thierry B.Murangira yavuze ko uru rwego ruherutse gufata abantu 26 rukurikiranyeho gutekera abandi umutwe bakabiba ibintu byose hamwe bifite ag...
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, Anti-Narcotic Unit, ANU, ryongeye gutangaza ko mu bihe bitandukanye u rwafashe abantu bafite urumogi rupfunyitse mu dupfunyika 876. Bafashwe baruz...
Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Mark Cyubahiro Bagabe avuga ko kuva mu mwaka wa 2022, buri mwaka Leta ishyira Miliyari Frw 135 muri gahunda yo kugaburirira abana ku ishuri. Avuga ko ayo mafaranga...
Maj. Gen Cristóvão Artur Chume ushinzwe Minisiteri y’ingabo za Mozambique ashima ko umuhati wo kugarura amahoro muri Cabo Delgado wagizwemo uruhare n’inzego z’u Rwanda zishinzwe umutekano watumye abar...
Minisitiri w’ingabo za Mozambique witwa Major General Cristóvão Artur Chume, Umugaba mukuru wazo witwa Maj Gen André Rafael Mahunguane n’Umuyobozi wa Polisi y’aho CP Fabião Pedro Nhancololo bari mu R...









