Ikigo cya Koreya y’Epfo gishinzwe iterambere mpuzamahanga, KOICA, cyahaye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu inkunga ya Miliyoni $8 zo gufasha abatuye Karongi, Rutsiro, Nyamagabe, Nyaruguru na Kayonza...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, IGP Dan Munyuza ari mu ruzinduko muri Zambia kuva ejo kuwa Mbere tariki ya 14 Ukuboza, 2020. Yaraye asuye ishuri rikuru rya Polisi ya Zambia riri i Kinfins...
Ibaruwa yanditswe n’ubuyobozi bwa RURA bukiyoborwa na Lt Col Patrick Nyirishema ifite Ref, 1200 DG/LRA/ENF/RURA/020 yo ku itariki 03, Ukuboza, 2020 isaba Airtel gukuraho itangazo ryayo ryamamaza ibyo...
Robert K. Segei uyobora Uruganda nyarwanda rukora sima ( CIMERWA) avuga ko n’ubwo uruganda ayoboye rwahuye n’ibibazo by’ubukungu nk’ahandi hose, ariko rutahombye. Avuga ko bungutse Miliyari 1.9 Frw ...
Ku Cyumweru taliki 13, Ukuboza, 2020 Umugaba w’ingabo z’u Rwanda Gen Jean Bosco Kazura yahuye na mugenzi we uyobora ingabo za Qatar, Lieutenant General Ghanem bin Shaheen al-Ghanem bagirana ibiganiro....
Ifuni ibagara ubushuti ni akarenge, uyu ukaba ari umugani Abanyarwanda bakuru baciye bashaka kuvuga ko inshuti ari izigenderanirana, bigakuza ubucuti. Itsinda ry’abaturage 20 ba Israel bari mu Rwanda...
Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intuma ya Leta Johnston Busingye yavuze ko COVID-19 yabujije Abanyarwanda uburenganzira harimo n’ubwo kubaho. Kugeza ubu imaze guhitana abaturage 51. Yabivugiye mu ijamb...
Umukuru w’Igihugu Paul Kagame avuga ko iyo umuntu ahagurutse agahangana abaka n’abakira ruswa, bimuteranya nabo ndetse bigasaba kugira inyungu za politiki yigomwa. Ku rundi ruhande avuga ko iyo abantu...
Perezida Paul Kagame avuga ko abaturage b’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bafite uburyo bwabo kandi bwa kamere bwo kwishakamo ibisubizo ku bibazo bibugarije kandi ibisubizo bishatsemo bikabageza ...
Kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Ukuboza, 2020 nibwo Inteko yaburanishaga urubanza rwa Major(Rtd) Habib Mudathiru n’abo bareganwaga yarupfundikiye. Ruzasomwa taliki 15, Mutarama, 2020. Mbere y’uko bitang...









