Abatuye muri Musanze bari babwiye Taarifa ko bishimiye ko nta hantu mu byemezo bya Cabinet hababwiraga ko bakomeza kuba bari mu ngo zabo saa 7h00 pm. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda avuga ko nta cyahin...
Abanyarwanda baca umugani ngo umuturanyi wa bugufi akurutira umuvandimwe wa kure. Ukuri k’uyu mugani guherutse kugaragarira mu butabazi bwa gisirikare ingabo z’u Rwanda ziri muri Centrafrique zakoreye...
Kuri uyu wa Mbere twari twanditse inkuru ivuga ko abatuye i Musanze batakamba basaba ko Inama y’Abaminisitiri yabadohorera igakuraho ko bagomba kuba batashye saa moya. Iyi saa moya yatumaga hari abara...
Perezida Paul Kagame yifurije mugenzi we w’u Bufaransa Emmanuel Macron uherutse kwandura COVID-19 kugira imbaraga agasubira mu mirimo ye neza kandi akazishimana n’umuryango mu mpera z’uyu...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru Bangui. Ibitero bya bariya ...
Atangiza ijambo rye, Perezida Kagame yavuze ko uko Abanyarwanda bari biteze umwaka wa 2020 atari ko bawubonye kandi ngo ni ibisanzwe kuko ntawe umenya ibizaza uko bizagenda. Mu bintu yagarutseho harim...
Kuri uyu wa Mbere tariki 21, Ukuboza, 2020 Perezida Kagame arabwira Abanyarwanda ijambo rikubiyemo iby’ingenzi byaranze umwaka wa 2020 n’icyo abifuriza mu mwaka ukurikiyeho. Umwaka wa 2020 ntiwagendek...
Umwana w’Umunyarwanda witwa Aimable Nshuti yatwaye umudari wa Bronze mu mikino yo kwiyereka(KATA) y’abana bakina Karate batarengeje imyaka 14 y’amavuko. Umudari wa Bronze uhabwa umukinnyi wese wabaye ...
Perezida Paul Kagame yifurije Roch Marc Christian Kaboré uherutse gutsindira kongera kuyobora Burkina Faso kuzagira akazi keza. Perezida Kaboré yatangiye kuyobora Burkina Faso mu Ugushyingo, 2015 n...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Ikipe y’u Rwanda y’Umupira w’Amaguru, AMAVUBI, kuri uyu wa Gatanu Taliki 18, Ukuboza, 2020 yasinye andi masezerano yo gukinira Young Africans yo muri Tanzania. ...









