Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya bagenzi babo bo muri Nigeria ibitego bine ku busa(4-0), Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 20 yahawe $10,000 bikozwe na Guverineri w’Intara umukino wabereyemo...
Ambasaderi w’u Rwanda muri Tanzania, (Rtd) Gen Patrick Nyamvumba yasabye abakinnyi ba Rayon kuzatsinda Singida Black Stars yo muri Tanzania. Icyakora bizayigora kuko yatsindiwe iwayo mu Rwanda, bituma...
Prof. Joseph Mucumbitsi usanzwe ari umuganga w’indwara z’abana ndetse akavura umutima n’imitsi, avuga ko mu Rwanda hari ikibazo cy’ubuzima gikomeye kuko 8% by’urubyiruko rufite imyaka y’amavuko iri ha...
Perezida Kagame mu ijambo yabwiye abaje mu gikorwa cyo gusinya amasezerano hagati y’u Rwanda na Misiri ko isinywa ryayo ari ikimenyetso kerekana ko umubano hagati y’ibihugu byombi muri iki gihe uhagaz...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye i New York ko iyo u Rwanda ruvuga ko rwacyuye ingabo zarwo ziba mu gihugu cye, biba atari byo. Yabibwiye abanyamakuru baje mu ...
Perezida Paul Kagame yageze mu Misiri mu ruzinduko rw’akazi. Ahageze aturutse muri Azerbaijan aho yari amaze iminsi itatu. Nta makuru arambuye aratangazwa ku mpamvu z’uruzinduko rwe mu Mis...
Perezida Félix Tshisekedi yatangaje ko mu itangazamakuru ari ho yamenyeye ko Vital Kamerhe wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya DRC yeguye. Tshisekedi yavuze ko azakomeza kumufata nk’umuvandimw...
Marouf Tchakei wa Singida Black Stars yo muri Tanzania yatsindiye ikipe ye igitego kimwe ku busa bwa Rayon Sports yakiniraga kuri Kigali Pélé Stadium imbere y’abafana bayo. Rayon kandi nibwo yari ikin...
Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Azerbaijan Ilham Aliyev bayoboye igikorwa cyo gusinya amasezerano y’ibihugu byombi mu mikoranire mu burezi, ubuhinzi, serivisi zo mu kirere n’ubucuruzi. Hak...
Inteko Rusange y’Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yasabye Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) kujya yubaha u Rwanda, ikamenya ko rutari insina ngufi buri wese ac...









