Mu Murenge wa Munyaga mu Karere ka Rwamagana haraye havugwa inkuru y’abaturage 53 bajyanywe ku kigo nderabuzima cya Munyaga nyuma yo kunywa ubushera bukabazonga mu nda. Ubushera ni ikinyobwa gukorwa m...
Abaturage bo mu Mudugudu w’ikitegererezo wa Kitazigurwa babwiye Visi Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Espérance Nyirasafari na Hon Evode Uwizeyimana ko biyogazi zabo zumwe. Bavuga ko kubona icyo uteker...
Umusore witwa Irené Nzigira yishwe atewe ibyuma ubwo abagizi ba nabi bamusangaga arindishije Banki y’Abaturage y’i Rwamagana inkoni. Byabereye mu Mudugudu w’Akabuye, Akagari ka Kibazi, Umurenge wa Mun...
Umugabo wo mu Murenge wa Munyiginya mu Karere ka Rwamagana yaguwe gitumo n’abapolisi ubwo yari akometse umuriro atetse ikiyobyabwenge cya Kanyanga. Uyu mugabo w’imyaka 53 y’amavuko yafashwe ku Cyumwer...
Yitwa Mukamurara Valentine, akaba afite imyaka 57 y’amavuko. Yapfiriye mu kirombe kiri mu Murenge wa Mwurire mu Karere ka Rwamagana ubwo agwirwaga mu mutwe n’ibuye rinini bikamuviramo urupfu. Ni inkur...
Imibare itangwa n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha ivuga ko Akarere ka Rwamagana ari ko kagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside nyinshi kurusha ahandi mu Rwanda mu cyumweru cyo kwibuka Jenoside y...
Abasiganwa mu kuzenguruka u Rwanda ku ikubitiro barahaguruka i Nyarutarama ahitwa Golf berekeze in Rwamagana. Barakora intera ya Kilometero 115,6. Barahaguruka saa yine. Tour du Rwanda ya 2023 izaki...
Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda wingirije ushinzwe imiyoborere n’abakozi, DIGP Jeanne Chantal Ujeneza yabwiye abapolisi n’abasirikare bamaze amezi ane bishirizwa i Gishari uburyo gucunga umutekano wo m...
Mu kigo gishinzwe gusuzuma imiterere y’ibinyabiziga cy’i Rwamagana, hafatiwe uwitwa Niyoyita Roger wagaragaye yasinze ubwo yari aje gusuzumisha imodoka yo mu bwoko bwa Dyna RAE 638 N. Polisi ivuga ko ...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana hari abacuruzi bavuga ko bagura n’abanyerondo ibikoresho cyangwa imyaka runaka ku giciro gito bibwira ko ari ibyabo nyamara ari ibyo bibye abaturage. Abo...









