Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda watangaje ko ugiye gusabira Ubumwe bw’Abakirisitu mu Rwanda. Ni igikorwa cyari gisanzwe gikorerwa mu Mujyi wa Kigali ariko bishobora kuzagurwa bikagezwa no mu matorero ...
Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda ku bufatanye n’Inama y’igihugu y’abafite ubumuga batangaje ko ubu mu Rwanda hasohowe Bibiliya yanditse mu nyandiko ya Braille igenewe abafite ubumuga bwo kutabona ‘bize...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu Wa Gatatu tariki 06, Mutarama, 2021 nibwo Ubushinjacyaha bwarekuye umunyemari Paul Muvunyi wari umaze iminsi afunganywe n’abandi barimo (Rtd) Col Eugene Ruz...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje imenya icyo afungiwe. ...



