Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru rwa Nyanza mu Majyepfo y’u Rwanda rwapfundikiye urubanza rwa Dr. Vénant Rutunga wari ukurikiranyweho Jenoside nyuma y’aho ubushinjacyaha bumusabiye igifungo cya b...
Uyu musaza w’imyaka 74 y’amavuko yasabiwe gufungwa burundu kubera ibyaha ubushinjacyaha bumurega birimo uruhare rutaziguye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu kigo cya ISAR Rubona yayoboraga. Ubushinja...

