Agace ka Rutsiro katangajwe ko ari kamwe mu twibasirwa n’inkuba kurusha ahandi ku isi. Ni ko ka mbere mu Rwanda nk’uko bitangazwa na Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi. Mu myaka itanu is...
Raporo ya Minisiteri y’ibikorwa by’ubutabazi iva muri Mutarama ikagera kuwa 28 Ukuboza 2022, yagaragaje abantu 200 ari bo baburiye ubuzima mu byago byatewe n’ibiza byageze mu Rwanda mu mwaka wa 2022....
Ubwo yarangizaga uruzinduko rwe mu Ntara y’Amajyepfo, Perezida Paul Kagame yahise ajya mu Ntara y’i Burengerazuba abanza kuganira n’abavuga rikijyana bo muri iyi Ntara bari baje kumwakirira mu Karere...
Mu gace kitwa Gahondo mu Murenge wa Kivumu mu Karere ka Rutsiro haravugwa umwarimu ufite imyaka 30 y’amavuko ukurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 13. Ubu ari gushikishwa n’inzego z’umutekano. I...
Mu Karere ka Rutsiro havugwa amakuru y’abaturage bataramenyakana biyoroshe ijoro batema urutoki rw’umuyobozi ushinzwe umutekano, we abimenya bwacyeye. Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’Umurenge wa Kivumu...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Samuel Dusengiyumva yabwiye abatuye Umurenge wa Boneza mu Kagari ka Bugarura(kari mu Kirwa) ko bagomba kuzirikana kujya batanga amakuru k...
Pudence Rubingisa uyobora Umujyi wa Kigali yanditse kuri Twitter ko umuganda rusange ari igikorwa Abanyarwanda batekereje kandi bagishyira mu bikorwa hagamijwe gushakira ibisubizo ibibazo bibareba. Ya...
Muri Kanama 2021 nibwo inkuru y’Umushinwa witwa Shujun Sun wagaragaye akubitira Abanyarwanda ku giti baboheye inyuma yabaye kimomo. Urwego rw’igihugu rwamushyikiriye ubushinjacyaha araburanishwa none ...
Abagabo batatu baherutse gufatirwa mu Kagari ka Remera, Umurenge wa Rusebeya bafite ibilo 38 by’amabuye y’agaciro ya gasegereti bacukuye mu kirombe cy’abandi kandi mu buryo butemewe. Kiriya kirombe gi...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi rishinzwe imikoranire n’abaturage n’izindi nzego, Commissioner of Police (CP) Bruce Munyambo yasuye abagororerwa mu kigo cya Iwawa giherereye mu Karere ka Rutsiro, ...









