Ubwo hasohokaga itangazo ryaturutse mu Biro bya Minisitiri w’Intebe rivuga ko Komite Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro yegujwe, umwe mu bavukiye muri Rutsiro akaba akurikirana n’ibihabera yabwiye Taarifa k...
Umwe mu bakomoka mu Karere ka Rutsiro kandi akaba akurikiranira hafi ibihabera yabwiye ubwanditsi bwa Taarifa ko na mbere y’uko Meya Triphose Murekatete n’abo bakoranaga beguzwa, hari ikibazo cy’ubucu...
Nicyo gisubizo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana yaraye atanze ubwo bamubazaga impamvu abari bagize Inama Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro begujwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gata...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byasohoye itangazo ry’uko Prosper Mulindwa yagizwe Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro nyuma y’uko Inama nyobozi y’aka Karere iseshwe. Mulindwa yari asanzwe ashinzw...
Imbangukiragutabara yari igiye ku bitaro bya Kibuye kuzana oxygen bakoresha kwa muganga yakoze impanuka. Yari ivuye mu bitaro bya Murunda biri mu Karere ka Rutsiro. Ni impanuka yabaye kuri iki Cyumwer...
APR FC yaraye yegukanye igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino wa 2022/2023 nyuma yo gutsinda Gorilla FC 2-1. Mu minsi mike ishize, Kiyovu Sports niyo yari ihanganye na APR FC ngo itware i...
Umubikira uyobora Ikigo Nderabuzima cy’i Kivumu mu Karere ka Rutsiro akurikiranyweho icyaha cyo ‘kwirengagiza’ gutabara umuntu uri mu kaga. Bivugwa ko yinangiye yanga gutanga imbangukiragutabara y’ibi...
Mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 08, Mata, 2023 mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro hafatiwe umusore wari ufite amafaranga Frw 30,000 y’amiganano. Bikekwa ko ayakora cyangwa akaba akorana...
Mu Mudugudu wa Rebero, Akagari ka Rebero mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza inkuba iherutse gukubitira umugore iwe iramuhusha ariko itwikwa ibyo yari afite mu nzu. Umuriro w'inkuba wara...
Mu Karere ka Ngororero haherutse gufatirwa abaturage barindwi bari bafite ibuye ry’agaciro rya Lithium bacukuye bidakurikije amategeko. Ryapimaga toni 1 n’ibilo 390. Bafashwe k’ubufatanye n’inzego z’...









