Minisiteri y’ ibikorwa by’ubutabazi ivuga ko imiryango 800 ituriye umugezi wa Sebeya igiye kubakirwa inzu kugira ngo iture ahadashyira mu kaga ubuzima bw’abayigize. Uyu mwanzuro wafashwe hashing...
Kuri iki Cyumweru taliki 20, Ukwakira, 2024 mu Mudugudu wa Remera, Akagari ka Nyarutunga mu Murenge wa Nyarubuye, mu Karere ka Kirehe habereye ibyago bikomeye aho inkuba yishe amatungo 24 arimo inka u...
Abagabo bo mu Murenge wa Kigeyo mu Karere ka Rutsiro, basaba inzego za Leta n’abafatanyabikorwa bazo gukorana bya hafi bakabakiza ihohoterwa bakorerwa n’abagore babo. Bavuga ko iyo bakoreye amafarang...
Imashini z’amoko atandukanye zikora umuhanda zageze aho zitangirira akazi kuri uyu wa Kane taliki 11, Mutarama, 2024. Ni iz’ikigo Fair Construction cyapatanye n’ikigo RTDA ngo kizako...
Mu rwego rwo koroshya ubuhahirane hagati y’abatuye imirenge itandatu mu mirenge 13 igize Akarere ka Rutsiro, hagiye kubakwa umuhanda ufite ibice bimwe bya kaburimbo yoroheje n’ikindi cy’ig...
Amatora yo kuzuza imyanya itari ifite abayobozi mu Turere twa Burera na Karongi yarangiye Soline Mukamana ari we utorewe kuyobora Burera n’aho Valentine Mukase atorerwa kuyobora Karongi. Madamu Vestin...
Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Rutsiro Prosper Mulindwa yandikiye ibigo by’amashuri byo mu Karere ayobora ko bagomba kubuza abarezi n’abandi bakozi bo mu kigo gufata amafunguro yagene...
Umukobwa w’imyaka 16 mu Karere ka Nyamasheke n’abandi babiri mu Karere ka Rutsiro ku mugoroba tariki 8 Nzeri 2023 baraye bishwe n’inkuba yabakubise mu mvura yaguye muri iki gice. Iyi nkuru kandi yishe...
Mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Rutsiro habereye igikorwa cy’Umuganura ku rwego rw’igihugu. Abawitabiriye babwiwe ko Umuganura w’Abanyarwanda atari umuhango wo gusangira umutsima gusa ahubwo ko ari...
Umugabo witwa Evariste Nyandwi yaraye afashwe nyuma y’igihe kirekire yihisha ubutabera kubera icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi yahamijwe na Gacaca. Gacaca hari yaramukatiye gufungwa imyaka 19 nyu...









