Imbere y’urukiko rwa gisirikare, abasikare 11 bo mu ngabo za DRC bitabye ngo bumve ibirego by’ubushinjacyaha by’uko bahunze urugamba bari bahanganyemo n’abarwanyi ba M23. Barashinjwa ubugwari ku rugam...
Umuyobozi wa kimwe mu bice bigize Rutshuru kitwa Bambo yatangaje ko abarwanyi ba M23 bakajije ibirindiro byabo byegereye ahitwa Tongo, Mulimbi, Kishishe, Bwiza, Mabenga-Rwindi no ku gasozi ka Nyundo m...
Abaturage benshi bamaze kuva mu byabo bahunga imirwano yatangijwe n’inyeshyamba ku ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu bice bya Chanzu na Runyoni muri Rutshuru. Bikekwa ko abagabye ibyo bit...


