Umugabo uherutse kugenwa ngo ahagararire u Rwanda muri Kenya ari we Ambasaderi Martin Ngoga yaraye ahaye Perezida w’iki gihugu inyandiko zimwemerera gutangira imirimo. Nyuma yo kuziha Perezida William...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni yakiriye mu Biro bye mugenzi we uyobora Kenya witwa William Ruto uri mu ruzinduko rwe rwa mbere akoreye muri Uganda kuva yaba Perezida. Itangazo ryo mu Biro bya Pere...
Hatabayemo gukabya, umuntu ashobora kuvuga ko Obasango wigeze kuyobora Nigeria yahiriwe nk’uko byigeze kumera ku mwami Salomon wa Israel ya kera. Obasango ni umukire cyane akaba n’umunyabwenge bwinshi...
Umwe mu ba Jenerali mu ngabo za Sudani witwa Gen Al Atta yaburiye Perezida wa Kenya William Ruto ko naramuka yohereje ingabo ze muri Sudani ngo zije kwitambika impanze ziri kurwana nta n’umwe muri bo ...
Ubwo yari agiye mu gice kitwa Central Business District, imodoka ziherekeza Raila Odinga zarashwe amasasu n’abantu bataramenyekana. Hari mu kivunge kirimo n’abapolisi bari baje gukoma imbere abayoboke...
Perezida Museveni yasabye ubutegetsi bwa Kenya gufata kandi bukoherereza ubwa Uganda abantu bavugwa mu bushimusi, ubusahuzi n’ubwicanyi bwakozwe n’abo bita aba Turkana babukorera abanya Uganda. Museve...
Perezida wa Kenya Nyakubahwa William Ruto yamaze kugera mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri. Aje mu ruzinduko rw’akazi rumara iminsi ibiri. Kenya ifitanye umubano n’u Rwanda mu ngeri zitandukanye ...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Moussa Faki Mahamat yavuze ko imyigaragambyo imaze iminsi muri Kenya ari ikintu gihangayikishije Afurika muri rusange. Ubuyobozi bw’Afurika yunz...
Raila Odinga yabwiye abamushyigikiye ko bagomba kuzindukira mu myigaragambyo nk’uko babisezeranye. Yababwiye ko nawe ari buze kwitabira imyigaragambyo yo kuri uyu wa Mbere taliki 27, Werurwe, 2023. Y...
Abatuye umurwa mukuru wa Kenya, Nairobi, ntibatuje nk’uko byari bisanzwe kubera ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 20, Werurwe, 2023 ari bwo abashyigikiye Raila Odinga bateganya kwigaragambya....









