Righathi Gachagua wigeze kuba Visi Perezida wa Kenya yasezeranyije abaturage ko nibahitamo neza bakamutora mu matora y’Umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2027, azasubiza Kenya icyubahiro yahoranye kubwa...
Urupfu rw’umwarimu wa Kaminuza witwa Albert Ojwang wari usanzwe wandika kurii murandasi waguye muri kasho ya Polisi ntiruvugwaho rumwe rwateje indi midugararo mu baturage. Barashinja Polisi kumwica, y...
Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...
Itsinda riyobowe na Lambert Mende ryavuye i Kinshasa ryerekeza muri Kenya kuganira na William Ruto uyobora iki gihugu na EAC. Baraganira ku cyakorwa ngo M23 icururuke, intambara iri mu Burasirzuba bwa...
Perezida Kagame yabajije bagenzi be bagize Umuryango wa Afurika y’Uburasirazuba niba aho ibintu bigeze mu Burasirazuba bwa Repubulika bitaratangiye buri wese abireba. Mu ijambo yabagejejeho mu buryo b...
Polisi yo muri Kenya iri guhangana n’abigaragambya bamagana ko hari abantu baburiwe irengero biganjemo abakoresha imbuga nkoranyambaga. Abigaragambya bavuga ko Polisi ari yo yabashimuse nyuma yo gukor...
Ubuyobozi bwa Kenya butangaza ko mu gihe gito kiri imbere hari abapolisi 600 bazoherezwa muri Haïti gufasha igisirikare cy’aho guhangana n’amabandi asa n’ayigaruriye igihugu cyose. Ayo mabandi ayobora...
Ku kigo cy’amashuri abanza cyo muri Kenya kiri ahitwa Endarasha habereye ibyago byatewe n’inkongi yahitanye abana 17 abandi benshi barakomereka. Hari ubwoba ko umubare w’abana bahasize ubuzima uri buz...
Abasore n’inkumi bo muri Uganda batangiye kwigaragambya bavuga ko badashaka ko ruswa yogera mu gihugu. Bikozwe nyuma y’umuburo Perezida Museveni yari aherutse gutanga wo kwirinda guhungabanya umudende...
Ibyo muri Kenya bikomeje kuyoborana nyuma y’uko urubyiruko rubyukiye mu yindi myigaragambyo ikomeye rwamagana Perezida Ruto. Kuri uyu wa Kabiri ibintu byari byongeye gukara mu mihanda minini ya ...








