Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko ibikorwa Polisi n’ingabo z’u Rwanda bafatanyemo abaturage biri mu bituma ubukungu bw’u Rwanda buzamuk...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yasubije uwari umubajije impamvu uruhushya rwo gutwara imodoka rugira igihe cyo gusaza kandi impamyabumenyi isanzwe itajya isaza, asubiza ko biter...
Umuvugizi wa Polisi y’ u Rwanda Assistant Commissioner of Police ( ACP) Boniface Rutikanga avuga ko imibare uru rwego rwakusanyije ku byaha byakozwe ku Bunani igaragaza ko byagabanutse muri rusange ur...
Polisi itangaza ko muri rusange umutekano wagenze neza kuri Noheli. Icyakora ngo hari impanuka ebyiri zitagize uwo zihitana. No ku italiki ya 24, Ukuboza 2023, nta mpanuka nyinshi zabaye uretse ebyi...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga ashima umusanzu w’abaturage bafatanya na Polisi n’izindi nzego z’umutekano mu kwicungira umutekano kandi ngo b...
Ubukangurambaga bwa Polisi y’u Rwanda mu gukoresha neza umuhanda burakangurira buri wese uwukoresha kuzirikana ko ari rusange kandi ko ari nyabagendwa bityo akorohera uwo awusanzemo. Ni ubutumwa bwata...
Mu gihe Polisi y’u Rwanda ikangurira abanyamaguru kumenya uko bambuka neza umuhanda baciye ahabugenewe bita zebra crossing, ku rundi ruhande hari abashoferi bavuga ko hari izasibamye k’uburyo kuzibona...
Polisi y’u Rwanda ivuga ko hari inkongi yadutse muri Banki yitwa ECOBANK iri mu Karere ka Nyarugenge, rwagati mu Mujyi wa Kigali. Iyo nkongi yaje kuzima. Inkongi yadutse muri etage ya cyenda ari...
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ukwakira 2023, Umuyobozi Mukuru wa Jandarumori ya Repubulika ya Centrafrique, Gen Landry Urlich Depot yageze mu Rwanda ashim Polisi yarwo ko igiye guhugura abantu 50 bo m...
Umuvugizi mushya wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga aherutse kubwira Taarifa ko mu gihe agiye kumara ari Umuvugizi w’uru rwego, azubakira ubushobozi abavugi...








