Mu Tugari twa Kawangire na Rwimishinya mu Murenge wa Rukara mu Karere ka Kayonza hafatiwe abantu 40 bagize itsinda ryiyise Wazalendo bagakorera abandi urugomo. Barukoraga bakoresheje imihoro, ubuhiri,...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha na Polisi y’u Rwanda baburiye abantu bose, by’umwihariko abakoresha imbuga nkoranyambaga, kwirinda gupfobya cyangwa guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi bitwaje ikora...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu umunani ikekaho kwiba moto bakazihindurira ibyangombwa hanyuma zigakoreshwa mu yindi mirimo harimo no kuzikoresha ibyaha nk’uko umuvugizi w’uru rwego ACP Boniface Ru...
Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Rutikanga Boniface avuga ko iyo ugereranyije uko abantu bitwaye mu mpera za 2024 no mu ntangiriro za 2025, ubona ko umutekano wabaye mwiza ugereranyije n’uko byagenz...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda ACP Boniface Rutikanga yavuze ko Abanyarwanda baraye bitwaye neza muri rusange, binjira mu mwaka nta byago cyangwa ibyaha bikomeye bibaye. Yasabye abantu gukomera kwishi...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko kugeza mu mpera z’Icyumweru gishize, abantu 350 bapfiriye mu mpanuka 9,600 zabereye hirya no hino. Inyinshi muri zo ni izakozwe n’abamotari kuko zihariye 60%. Umuvugizi ...
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 16 yafatiye mu turere tunyuranye ibakurikiranyeho kwiba inka. Guhera muri Nzeri, 2024 kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, Polisi yavuze ko hibwe inka zirenga 100. Abo ...
Mu kiganiro giherutse guhuza Polisi n’itangazamakuru mu Ntara y’Amajyaruguru, hatangarijwemo ko hagati ya Kanama na Ukwakira, 2024 abantu 339 bafatiwe muri magendu, abagera kuri 239 muri bo bakaba abo...
Polisi itangaza ko mu minsi 30 ishize abantu 500 bo hirya no hino mu Ntara y’Amajyepfo batawe muri yombi bakurikiranyweho ubujura, urugomo n’ibindi byaha. Umuvugizi wayo Assistant Commissioner of Poli...
Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi, Ruhango na Muhanga yafashe abantu 51 bacukuraga amabuye y’agaciro mu buryo budakurikije amategeko. Bafatanywe ibilo 700 bya gasegereti, lithium na coltan. Ab...









