Kuri X umupfumu Rutangarwamaboko yashimye Imana y’i Rwanda n’Abazimu ” batazima” ko barinze umuryango we ntiwashya. Yabitangaje nyuma y’uko inkongi yatewe no gusudira yib...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali Superintendent of Police ( SP) Sylvestre Twajamahoro yabwiye Taarifa ko inkongi yatwitse imwe mu nzu zo kwa Rutangarwamaboko yatewe n’abasudiraga umur...
Igice kimwe cy ‘ikigo nyarwanda cy’ubuzima bushingiye ku muco kiyoborwa Nzayisenga Modeste uzwi nka Rutangarwamaboko cyahiye. Turacyategereje icyo Polisi ivuga ku cyaba cyateye iyi nkongi ...


