Perezida wa Iraq Barham Salih yatangaje ko igihugu cye kimaze kwibwa miliyari $150 binyuze muri ruswa mu bucukuzi bwa peteroli, kandi ko ariya mafaranga yibwe guhera mu 2003 yajyanywe hanze y’igihugu....
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police(CP) John Bosco Kabera yihanije abashoferi baha abapolisi ruswa bayita ‘amazi yo kunywa’ ngo ni uko bishwe n’izuba. Yavuze ko ntawe ukwiye kubikora...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Umushinjacyaha ku rwego rwisumbuye n’umukozi w’urwego rufasha mu kubona ubutabera, MAJ, bakekwaho ibyaha bya ruswa. Kuri Twitter, RIB yan...
Mu karere ka Gicumbi hari abasore babiri bafunzwe bakurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 70 000 ngo abahe udupfunyikwa tw’ikiyobwabwenge kitwa Mayirungi cyari cyafatiwe mu murenge wa Rutare. Bar...
Niwe mugore umaze igihe kirekire ari umukire wa mbere mu bandi bagore bose ba Afurika. Kubera ibibazo bya politiki byabaye kuri Se wahoze ayobora Angola, byatumye n’abandi bagize umuryango we, h...
Nyuma yo kumva ibyo ubushinjacyaha burega Bwana Benyamin Netanyahu usanzwe ari Minisitiri w’Intebe wa Israel, uwahoze ayobora ikinyamakuru Walla cy’i Yeruzalemu yabwiye urukiko ko Netanyahu yabashyira...
Ubwo u Rwanda rwatangira urugendo rwo kubaka ubukungu bwarwo bushingiye ku baturage, uburezi n’ikoranabuhanga rwahisemo gukurikiza urugero rwa Singopore, igihugu gito kiri muri Aziya y’Amajyepfo ashyi...
Uwari usanzwe ari Visi Perezida wa Kabiri wa Zimbabwe Kembo Mohadi yeguye nyuma yo gushinjwa itonesha rishingiye ku gutsina. Yabikoze mu rwego rwo kwirinda gutesha agaciro Guverinoma ya Zimbabwe. Moha...
Ibya ruswa y’igitsina bimaze igihe kirekire bivugwa mu myidagaduro. N’ubwo atari umwihariko ku bakora muri uru ruganda gusa, ariko naho irahari kandi hari benshi babyemeza. Abahanzi cyane cyane abakiz...
Hari abakorera n’abigeze gukorera Croix Rouge y’u Rwanda babwiye Taarifa ko umuyobozi mukuru wa kiriya kigo abarenganya, kandi akaba yarashyizeho imikorere idahuje n’amahame agenga kiriya kigo(statut)...









