Taliki 10, Werurwe, 2022 habaye iburanisha ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo mu rubanza ubushinjacyaha buregamo ruswa Bwana Felix Nshimyumuremyi wahoze ayobora Ikigo cy’igihugu cy’imyubakire, Rwand...
Taliki 24, Gashyantare, 2022, mu Iburanishwa ry’ikirego gishya umugore witwa Jolie Dusabe aherutse kuregwamo na Uruyange SACCO cy’indishyi z’abakiliya biriya SACCO bivugwa ko yayanyereje,...
Ubwo yagezaga ijambo ku bapolisi bakorera mu Ntara y’i Burengerazuba, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda IGP Dan Munyuza yabibukije gukomeza kwirinda ruswa n’ibindi bikorwa byashyira umugayo ku rwe...
Mu Murenge wa Butare mu Karere ka Rusizi hafatiwe abantu babatu barimo n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari Polisi ibakurikiranyeho gushuka abacuruzi babaka ruswa ngo bazabashyire ku ...
Ubwo hatangazwaga imibare yerekana uko ibihugu 180 byakoreweho ubushakashatsi ku byerekeye uko ruswa ihagaze, abakozi bo muri Transparency Rwanda bavuze ko u Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa gatanu kand...
Nyuma y’uko bitangajwe ko yuriye indege akajya mu Bubiligi, bamwe bagakeka ko ari ho yahungiye, amakuru atangwa na Jeune Afrique aremeza ko Vital Kamerhe ari mu Bufaransa kandi azamarayo ukwezi kumwe....
Mu Karere ka Kamonyi haherutse gufatirwa abagabo babiri nyuma y’ukop ngpo bahaye umupolisi ishinzwe umutekano mu muhanda ruswa ya Frw 50 000 ngo abasubize Moto yabo. Iyi moto yari imaze amezi abiri i...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Benon Rukundo uyobora ibiro bihurizwamo serivisi z’ubutaka (One Stop Center) mu Mujyi wa Kigali, akurikiranyweho kudasobanura inkomoko y’umutungo we no...
Urukiko rushinzwe kurinda itegeko nshinga muri Afurika y’Epfo rwakatiye Jacob Zuma wigeze kuyobora Afurika y’epfo igifungo cy’amezi 15. Umucamanza mukuru wungirije warwo witwa Sisi Khampepe niwe waruk...
Umugenzacyaha wo mu Karere ka Rusizi yaraye atawe muri yombi akurikiranyweho kwakira ruswa ya Frw 300 000. Umugabo wafashwe yari akuriye Ubugenzacyaha mu Karere akaba yitwa Jules. Ku rubuga rwa Twitte...









