Robert Nyamvumba yafunguwe nyuma yo kurangiza igihano yakatiwe n’Urukiko Rukuru cyo gufungwa imyaka ibiri n’amezi atandatu n’ihazabu ya Miliyoni Frw 50. Yafungiwe muri gereza ya Nyarugenge iri mu Mure...
Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’urubyiruko yitabye urukiko asaba ko iburanishwa rye ryasubikwa kubera ko nta mwunganizi afite. Ni icyifuzo cyemewe n’ubushinjacyah...
Mu ijambo yabwiye abaturage bari baje kumwakirira ku kibuga kiri hafi y’Ibiro by’Akarere ka Nyamasheke, Perezida Kagame yabasabye ko batagombye kujya batinya kuvuga ababaka ruswa kuko ngo buryo iyo b...
Urukiko rwa gisirikare muri Myanmar rwakatiye Madamu Aung San Suu Kyi wigeze kuyobora iki gihugu gufungwa imyaka itandatu. Ni nyuma yo kumuhamya ibyaha bine bya ruswa yakoze ubwo yayoboraga kiriya gih...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu barimo Frederick Bizimana usanzwe ari umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority), Bwana Jonas Niyon...
Jean Bosco Nduwamungu, Irafasha Felicien ni abakozi b’Akarere ka Kicukiro baherutse gutabwa muri yombi n’Ubugenzacyaha, RIB, nyuma y’uko buhawe amakuru avuga ko ngo bari batse umuturage ruswa. ‘...
Abagabo babiri bakorera Banki ya ECOBANK batawe muri yombi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) nyuma yo kubafatira mu cyuho bakira ruswa ya Miliyoni enye n’igice (4.500,000 Frw). Amakuru twamenye ni uko ...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, rwatangaje ko rwataye muri yombi umwe mu bashinjacyaha wakoreraga mu rukiko rw’Ibanze rwo mu Murenge wa Kabarondo. Hari kimwe mu bitangazamakuru cyatangarije kuri T...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Ihuriro ry’ibihugu 18 by’Afurika biri mu bufatanye bwo kurwanya ruswa muri Commonwealth, u Rwanda ruvuga ko ruzafasha mu gutuma rigira urubuga rwa murandasi n’iteganyabiko...
Umugabo w’imyaka 32 y’amavuko yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akurikiranyweho guha ruswa abapolisi bakoresha ibizamini byo gutwara ibinyabiziga. Bivugwa ko yayitanze kugira ngo areba ko b...









