Ubwo yayoboraga umuhango wo gushyira ho Guverineri mushya w’Intara ya Rumonge, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko abayobozi bigize intakoreka ngo barakomeye, bari bakwiye kubivamo bakubaha ababa...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bwerekanye abantu batandatu barimo abapolisi bane bakurikiranyweho kwaka no kwakira amafaranga y’abakandida bashakaga uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga batigeze bakore...
Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu z...
Abagenzacyaha bo muri Polisi y’u Bubiligi bari mu iperereza rimaze gufatirwamo abantu barimo n’uwahoze ari Visi Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Ubumwe bw’u Burayi ukurikiranyweho kwakira ruswa y...
Mu rwego rwo kwirinda ko hari amafaranga yashorwa mu Rwanda kandi yanduye, Urwego rw’igihugu rw’iterambere, RDB, rwashyizeho uburyo bwo kujya rushaka amakuru afatika ruzaheraho rwemerera umushoramari ...
Ubushakashatsi bwa Transparency International Rwanda bwatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 07, Ukuboza, 2022 bwasanze urwego rw’abikorera ku giti cyabo ndetse n’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye akuweho amaboko n’abo mu ishyaka rye, ANC, nyuma yo kubona ko yagize uruhare mu byo inkiko ziri kumukurikiranaho birimo n’iyezandonke ry’arenga $ 580...
Urukiko rw’ubujurire muri Afurika y’Epfo rwatangaje ko rwasanze impamvu z’uburwayi zari zatanzwe n’abunganira ndetse n’abo muryango wa Jacob Zuma z’uko agomba kurekurwa kandi koko zikaba zaratumye are...
Umwe mu baturage bitabiriye inama yahuje inzego zirebwa n’ubuzima rusange bw’Abanyarwanda yateguwe na Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu n’urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, yeruye anengera imbe...
Muri Raporo ya Transparency International-Rwanda yaraye itangajwe handitsemo ko mu nzego zakorewemo ubushakashatsi mu rwego rwo kureba uko ruswa y’igitsina n’ihohoterwa rishingiyeho ihagaze, mu Nteko...









