Mu Karere ka Rubavu haherutse gufatirwa umugabo wari ugiye gupakira ibipfunyika( amabalo) 15 by’imyenda ya caguwa mu modoka ngo ayijyane Kimisagara muri Nyarugenge. Yabonye afashwe ashaka guha abapol...
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente yabwiye abashinjacyaha bari bamaze kurahira indahiro yo kuzuzuza inshingano ko iyo ndahiro iremereye, ko bakwiye gukomeza kuzirikana ko guhemukira R...
Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda riherutse gufata umusore w’imyaka 25 y’amavuko wari uhaye umupolisi ruswa ya Frw 11,000. Yashakaga ko asubizwa moto ye yari yafatiwe mu m...
Abagenzacyaha bo mu Buhinde batangije iperereza ku bivugwa ko ubuyobozi bwa BBC mu Buhinde bwanyereje imisoro. Polisi yo muri iki gihugu yazindutse isaka ibiro bya BBC biri Mumbai n’i New Delhi ngo ir...
Mu kiganiro yahaye itangazamakuru, Umunyamabanga mukuru w’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, (Rtd) Col Jeannot Ruhunga yavuze ko myaka hafi itanu urwego ayobora rumaze rushinzwe, abagenzacyaha b...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri ku mwanya wa kane muri Afurika, rukaba ...
Umuyobozi Nshingwabikorwa wa TI-Rwanda, Apollinaire Mupiganyi aherutse kubwira abagize Ihuriro ry’ Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe gukumira no kurwanya Ruswa (APNAC-RWANDA), ko amabuye y’agaciro n...
Umugabo witwa Niyonsaba w’imyaka 44 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma yo guha umupolisi ruswa ya Frw 70,000 ngo atamukurikirana kuko yagurishije imbaho ntazitangire fagitire ya EBM. Ubwo ya...
Kuri uyu wa Mbere taliki 16, Urukiko rukuru ruri butangaze icyemezo cyarwo ku bujurire bwa Hon Edouard Bamporiki uherutse kujuririra igihano yahawe. Hari Taliki 19, Ukuboza, 2022 nibwo Bamporiki yita...
Mu Murenge wa Byimana mu Karere ka Ruhango hafungiye umugabo witwa Hategekimana ukurikiranyweho guha umupolisi ruswa ya Frw 100,000 mu ruhame undi arayanga agahita amuta muri yombi. Yagiraga ngo uwo m...









